Umubyeyi wa Aziz-Ki yanze ubukwe bwe na Hamissa Mobeto
Abicishije ku mbuga nkoranyambaga ze zirimo Instagram, mama wa rutahizamu, Stephanie Aziz-Ki,…
Walking-Football: U Rwanda rugiye kwakira ibihugu birimo Nigeria
Igihugu cy’u Rwanda, kigiye kwakira gukina imikino ibiri mpuzamahanga ya gicuti irimo…
Assiati wa Isango Star mu bagore bari guhugurirwa gutoza – AMAFOTO
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, Ferwafa, ryatangiye guhugura abagore barimo Umunyamakuru wa…
Mamadou Sy yahesheje APR amanota y’ingenzi
Igitego cyo ku mu minota y’inyongera cyatsinzwe na rutahizamu, Mamadou Sy, cyahesheje…
Amavubi azabona umutoza mu cyumweru kimwe
Ishyirahamwe ry'Umupira w'Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryatangaje ko ryizeye ko mu cyumweru…
FERWAFA yijeje gushaka amikoro yo kongera ibihembo bihabwa amakipe
Ishyirahamwe ry'Umupira w'Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), ryatangaje ko ribona ko ibihembo bihabwa…
Ibyo kwishimira muri Ruhago y’Abagore y’u Rwanda
N’ubwo hakiri urugendo rwo kugira ibishyirwa neza ku murongo mu mupira w’amaguru…
DRC: Ikipe yivanye muri Tour du Rwanda
Ikipe ya Soudar Quick-Step Cycling Team yo mu gihugu cy’u Bubiligi, yatangaje…
Igikombe cy’Amahoro: Rayon yahacanye umucyo, APR na Police zirasitara
Mu mikino ibanza ya 1/8 y’Igikombe cy’Amahoro, Rayon Sports yatsindiye hanze, APR…
FERWAFA yateje ingaru AS Kigali y’Abagore
Nyuma y’uko ihawe byose byatanzwe ariko abangavu ba yo batarengeje imyaka 17…
Ayabonga yagarutse muri Rayon Sports
Umutoza wongerera ingufu abakinnyi, Ayabonga Lebitsa uherutse gutandukana na Rayon Sports, yongeye…
Amarushanwa y’amakipe y’Igihugu y’Abagore yiyongereye
Nyuma yo kumara igihe amakipe y’Igihugu y’u Rwanda y’Abagore mu byiciro bitandukanye…
Umufana ukomeye wa Kiyovu Sports yitabye Imana
Harerimana Azzizi wari umufana ukomeye akaba n’umushyushyarugamba wa Kiyovu Sports n’ikipe y’Igihugu,…
SK FM ya Sam Karenzi yatigishije Kigali – AMAFOTO
Ubwo yafungurwa ku mugaragaro, Radiyo nshya y’Umunyamakuru, Sam Karenzi yiswe “SK FM”…
Volleyball: Police iracyayoboye, Kepler ikomeje gutanga ubutumwa
Mu mikino yo kwishyura y’umunsi wa 11 wa shampiyona y’icyiciro cya mbere…
Abafana ba APR bahaye Kiyovu Sports agahimbazamusyi
Bamwe mu bakunzi b’ikipe y’Ingabo, bageneye agahimbazamusyi ikipe ya Kiyovu Sports n’ubwo…
Amavubi y’Abagore yitegura Misiri yatangiye imyitozo – AMAFOTO
Ikipe y’Igihugu y’Abagore y’umupira w’Amaguru (She-Amavubi), yatangiye imyitozo kuri uyu wa mbere…
Rayon Sports yasitaye itangira kurinda APR FC
Mu mukino w’umunsi wa 16 wa shampiyona, Rayon Sports yanganyije na Musanze…
Imikino y’Abakozi: Ubuyobozi bwa RBC bwakiriye abakozi begukanye ibikombe
Nyuma yo kwegukana ibikombe bitatu muri shampiyona y’Abakozi itegurwa n’Ishyirahamwe ry’Imikino y’Abakozi…
Denis Omedi yahesheje APR amanota y’ingenzi – AMAFOTO
Nyuma yo kuyitsinda umukino ubanza wa shampiyona, ikipe y’Ingabo yongeye gutsinda Urucaca…
MASITA ikomeje kwagura imbago mu Rwanda
Nyuma yo gutsindira isoko ryo kwambika ikipe y’Igihugu, Amavubi, Uruganda rukora ibikoresho…
FERWAFA na Rayon y’Abagore byongeye guhurira muri ‘Duel’
Nyuma y’uko Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, Ferwafa, riteye utwatsi ubusabe bwa…
Rwaka Claude yambuwe gutoza Amavubi y’Abagore
Nyuma yo guhabwa inshingano zo gutoza ikipe y’Igihugu y’Abagore y’Umupira w’amaguru (She-Amavubi)…
APR yashyize umucyo ku mpamvu yatandukanye n’abanyamahanga batatu
Nyuma ya byinshi byakomeje kuvugwa ku itandukana ry’abakinnyi b’abanyamahanga barimo Godwin Odibo,…
Kiyovu Sports yahaye ubwasisi abakunzi ba ruhago
Ubuyobozi bwa Kiyovu Sports, bworohereje abakunzi b’andi makipe kuzaza kureba umukino uzayihuza…
Darko yavuze icyakuye Mamadou Sy mu babanza mu kibuga
Umutoza mukuru wa APR FC, Darko Nović, yavuze ko yatakarije icyizere rutahizamu,…
Orion BBC yabonye umufatanyabikorwa – AMAFOTO
Orion BBC yo mu Cyiciro cya Mbere muri shampiyona ya Basketball, yasinyanye…
Gorilla FC yatangiranye intsinzi imikino yo kwishyura
Ibifashijwemo na Rutonesha Hesborn, Gorilla FC yabonye amanota atatu y’umunsi wa 16…
Rayon Sports yakiriye Umunya-Mali ukina hagati
Mu rukerera rwo kuri uyu wa Kane, ni bwo Umunya-Mali ukina hagati…
MASITA na FERWAFA batangiye kwambika abasifuzi b’Abanyarwanda
Uruganda rwa Masita rusanzwe rukora ibikoresho bya Siporo birimo n’imyenda, rufatanyije n’Ishyirahamwe…