Murangwa Youssouf ,Umuyobozi w’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibarurishamibare avuga ko kugeza ubu Abanyarwanda bataramenya gukoresha neza imibare bahabwa n’iki kigo bitewe n’ubushobozi buke buhari. Bityo ngo
Inkuru irambuye »
Minisiteri y’ibiza no gucyura impunzi(MIDIMAR) iratangaza ko impunzi z’Abanyarwanda ziba mu gace ka Kaniama muri Katanga no mu mujyi wa Mbujimayi muri Kasai muri Repubulika
Inkuru irambuye »
Kuri uyu wa kane tariki ya Cyenda Gicurasi, police y’igihugu yagaragaje abantu bane bakekwaho ubufatanya cyaha mu kwiba insinga z’umuriro w’amashanyarazi z’ikigo cy’igihugu gishinzwe gukwirakwiza amashanyarazi, amazi, isuku n’isukura (EWSA), ...
Urubabanza rwa Dr Leon Mugesera rwakomeje kuri uyu wa kane tariki 09 Gicurasi n’ubwo uburana yasabye guhabwa ikiruhuko ngo ajye kwizihiza umunsi mukuru wa Kiliziya wo gusubira mu ijuru kwa ...
Police muri biriya bihugu iri gushakisha abantu babiri bakomoka mu Rwanda Tony Niyonkuru na Diane Uwacu Mirimo baburiwe irengero hashize nibura iminsi irenga 10.
[caption id="attachment_63889" align="aligncenter" width="436"] Mirimo Diane yarabuze ...
Hashize ibyumweru bibiri, Umuseke.com wohererejwe inyandiko mu buryo bwa E-mail, igaragaza ko yanditswe tariki 22 Nzeli 2012, igenewe uwari umushumba mukuru wa Kliziya Gatolika ku rwego rw’isi, Papa Benoît XVI ...
Minisitiri w’ibiza no gucyura impunzi (MIDIMAR) Mukantabana Seraphine yasabye Croix Rouge y’u Rwanda kuzagira uruhare mu kwakira impunzi z’abanyarwanda zishobora gutahuka ari nyinshi mbere y’uko itariki ya 30 Kamena igera ...
Mu Karere ka Nyagatare police y’igihugu ku bufatanye n’izindi nzego zishinzwe umutekano zirimo Local Defense n’ubuyobozi bw’inzego z’ibanze bamennye ibiyobyabwenge n’inzoga z’inkorano bifite agaciro ka miliyoni 7 n’ibihumbi 900.
[caption id="attachment_63859" ...
None kuwa Gatatu, tariki ya 8 Gicurasi 2013, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village URUGWIRO, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME.
[caption id="attachment_63807" align="aligncenter" width="448"] Perezida Kagame niwe wayoboye inama ...
Koperative ishinzwe gukora amasuku mu mujyi wa Kigali (COPED), yazanye imodoka zigezweho mu gutwara imyanda n’ibishingwe nkuko byatangajwe n’umuyobozi w’iyi Koerative Buregeya Paulain kuri uyu wa gatatu tariki 8/5/2013.
[caption id="attachment_63772" ...
Paji ikurikira »