Amakuru
Murangwa ari mu kiganiro n'abanyamakuru

Abanyarwanda ntibaramenya gukoresha neza

Murangwa Youssouf ,Umuyobozi w’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibarurishamibare avuga ko  kugeza ubu Abanyarwanda bataramenya gukoresha neza imibare bahabwa n’iki kigo  bitewe n’ubushobozi buke buhari. Bityo  ngo

Inkuru irambuye »

Izindi nkuru: Amakuru
unhcr1

Katanga, DRC: Abanyarwanda barasaba gufashwa gutaha

Minisiteri y’ibiza no gucyura impunzi(MIDIMAR) iratangaza ko impunzi z’Abanyarwanda ziba mu gace ka Kaniama muri Katanga no mu mujyi wa Mbujimayi muri Kasai muri Repubulika

Inkuru irambuye »

Aba ni abakekwaho kwiba insinga za EWSA

Barazira kwiba insinga z’amashanyarazi za EWSA zihagaze miliyoni 16

Kuri uyu wa kane tariki ya Cyenda Gicurasi, police y’igihugu yagaragaje abantu bane bakekwaho ubufatanya cyaha mu kwiba insinga z’umuriro w’amashanyarazi z’ikigo cy’igihugu gishinzwe gukwirakwiza amashanyarazi, amazi, isuku n’isukura (EWSA), ...
arton315

Mugesera yatse konji y’Isubira mu ijuru rya YEZU arayimwa

Urubabanza rwa Dr Leon Mugesera rwakomeje kuri uyu wa kane tariki 09 Gicurasi n’ubwo uburana yasabye guhabwa ikiruhuko ngo ajye kwizihiza umunsi mukuru wa Kiliziya wo gusubira mu ijuru kwa ...
Mirimo Diane

Abanyarwanda babiri baburiwe irengero muri France na Belgique

Police muri biriya bihugu iri gushakisha abantu babiri bakomoka mu Rwanda Tony Niyonkuru  na Diane Uwacu Mirimo baburiwe irengero hashize nibura iminsi irenga 10. [caption id="attachment_63889" align="aligncenter" width="436"] Mirimo Diane yarabuze ...
Mu kwezi gushize Musenyeri Mbonyintege yari i Roma aho yabonanye na Papa Francisco

Amashirakinyoma ku byavuzwe kuri Mgr Mbonyintege

Hashize ibyumweru bibiri, Umuseke.com wohererejwe inyandiko mu buryo bwa E-mail, igaragaza ko yanditswe tariki 22 Nzeli 2012, igenewe uwari umushumba mukuru wa Kliziya Gatolika ku rwego rw’isi, Papa Benoît XVI ...
sitemgr_photo_66485

MIDIMAR yashimiye cyane Croix Rouge y’u Rwanda

Minisitiri w’ibiza no gucyura impunzi (MIDIMAR) Mukantabana Seraphine yasabye Croix Rouge y’u Rwanda  kuzagira uruhare mu kwakira impunzi z’abanyarwanda zishobora gutahuka ari nyinshi mbere y’uko itariki ya 30 Kamena igera ...
Bamena inzoga z'inkorano n'ibiyobyabwenge

Nyagatare: Police yamennye ibiyobyabwenge bifite agaciro gakabakaba miliyoni 8

Mu Karere ka Nyagatare police y’igihugu ku bufatanye n’izindi nzego zishinzwe umutekano zirimo Local Defense n’ubuyobozi bw’inzego z’ibanze bamennye ibiyobyabwenge n’inzoga z’inkorano bifite agaciro ka miliyoni 7 n’ibihumbi 900. [caption id="attachment_63859" ...
Perezida Kagame niwe wayoboye inama y'abaministre ya none

Inama y’abaministre yashyizeho umuyobozi wa RBC yemeza n’inoti nshya ya 500

None  kuwa  Gatatu,  tariki  ya  8  Gicurasi  2013, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri  Village URUGWIRO, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME. [caption id="attachment_63807" align="aligncenter" width="448"] Perezida Kagame niwe wayoboye inama ...
Mu modoka zizajya zitwara ibishingwe harimo inini, iziringaniye n'into

COPED yatangije uburyo bushya bwo gukusanya imyanda

Koperative ishinzwe gukora amasuku mu mujyi wa Kigali (COPED), yazanye imodoka zigezweho mu gutwara imyanda n’ibishingwe nkuko byatangajwe n’umuyobozi w’iyi Koerative Buregeya Paulain kuri uyu wa gatatu tariki 8/5/2013. [caption id="attachment_63772" ...

Paji ikurikira »