Abakobwa 14 bahize abandi mu marushanwa yo kuzaba Miss Rwanda 2012 ubu baherereye i Rubavu mu myiteguro, amatora yabo ariko akaba yatangiye gukorwa batorerwa kuri numero zabo.
Utora yandika ijambo Miss agakurikizaho numero y’uwo ashaka guha amahirwe maze akohereza ubwo butumwa kuri 7333.
Uwatsinze aya matora akazamenyekana tariki 1 Nzeri uyu mwaka mu mihango izabera ahategurirwa Expo i Gikondo.
Naho aba bakobwa 14 bakaba bari i Rubavu aho bari kumenyerezwa intambuko, imyifatire, imibanire n’ibindi bikwiye kuranga umukobwa Nyampinga w’u Rwanda.
Amafoto yabo na numero bazatorerwaho:

Kayiranga Mutesi Aurore no 1 (yahagarariye u Rwanda muri Miss University Africa 2012 muri Nigeria)

Esther Uwingabire no 2 (Ahagarariye intara y’Iburengerazuba)

Umutesi Mubera Liliane no 3 (Ahagarariye intara y’Iburasirazuba)

Uwase Francine no 4 (Ahagarariye intara y’amajyaruguru)

Gisabo Joe Christa no 5 (Ahagarariye umujyi wa Kigali)

Isimbi Debora Abiellah no 6 (Miss NUR 2012)

Uwamahoro Natacha no 7 (Miss SFB 2011)

Karangwa Tega Fidelis no 8 (1er Dauphine intara y’Iburasirazuba)

Ingabire Francoise no 9 (1er Dauphine Amajyaruguru)

Nsengiyumva Johali no 10 (1ere Dauphine Umujyi wa Kigali)

Ariane Umurerwa no 11 (Ahagarariye intara y’Amajepfo)

Umwamikazi Annick no 12 (2em Dauphine Iburengerazuba)

Akineza Carmen no 13 (2em dauphine intara y’Iburasirazuba)

Uwamahoro Ange no 14 (2em Dauphine Amajyaruguru)

Mumporezi Laetitia : Miss 15
Plaisir MUZOGEYE
UMUSEKE.COM
sha niwe ntawundi niwowe sha wamukobwawe
Debora Abiellah nkuri inyuma wangu, ariko nibicamo tuzasangirire kurako karahuri.ndakemera sana!
number 12 we ni byedagusetsa!!!!! nanjye nubwo ndi umu man bwose, ngiye mu kajipo kaka droite nagapira kaga top twakizwa nifirimbi yanyuma!!!! kandi arebye nabi namurya daaaaaaaaaaaaaaaa!!!!!!!!!!!!!!!
Sha ntituzi igikurikizwa ngo umuntu abe akwiriye kwitwa Miss/Nyampinga w’u Rwanda gusa turasabwa gutora muri aba 15. So ku bwanjye mbona no 1 Aurore ariwe ukwiriye kuba Miss Rwanda,kuko ubona asobanutse. Dauphine wa 1 yaba Natacha no 7, uwa 2 bareba hagati ya Liliane no 3 na Carmen no 13. Nkurikije ubwiza gusa kuba aba bataza mu myanya ya mbere byaterwa nuko baba ari abaswa, abo basigaye nabo bakaba abahanga cyane kuko ubwiza bwo bwo kwita Miss ntabwo bifitiye!!
Aurore ndamukunda namugira inama yo kutazambara ibi plante kumunsi nyirizina kuko ntibimubera abarwa nakuriya yimerere kndi tukuri inyuma uri mwiz a pe
Iby’aba ba Miss ndunzi bimwe ari amayobera. Ariko undangije burundu ni uriya N°6, Miss UNR, wifotoreje muri assomoir acigatiye ikirahuri cy’urwagwa!!! Numvise ngo se ni Pastoro!!Ariko niba ari uwo muri ya madini y’inzaduka nta ribi da!!
courage mwese.gusa buri kintu cyose mujye muvanamo amasomo.merci.
uhereye ku ifoto yambere izina nyampinga ntimuzongere kurivuga niba ari gitya biteye.
mu muco wa kinyarwanda nta nyampinga wambara ubusa ubaho.biriya bisebya igihugu aho kugihesha.
inama: mwambare nka ba nyampinga nyabo.
1.AURORE:niba mubuzima ari gutyo uteye
navuga ngo komereza aho,atari byo waba udushuka ntacyo waba uzatugezaho.
2.ESTHER: (ibyo mvuze hejuru birakureba)
3.MUBERA: Nubwo izuba rirasira iburasirazuba ntyekereza ko ba nyampinga baho batambara ubusa
4.Francine: nakugira inama yo kuvamo
5.CHRISTA:Umujyi wa ligali uradusebeje.Habuze nyampinga koko!!!! Kand kwa rubangura baba bahari!!
munshakiremo ako nzajya nicira umwaku, kuko cash zirahari
vous etes belles je vois…..
Don’t call them nyampinga any more!keretse niba nyampinga arikuriya yabaga ameze kuko sindimukuru cyane ariko bambwiyeko nyampinga arumwari wiyubasye nonese bariyako bambaye ubusa cyokora mubite miss rwanda ariko nyampinga mwaba mubipfobya thax
Muri beza ariko ntibizabatere kwirata no kwiyandarika.
ubuse iyo umujyi wa kigali bajya nibura kwa tonton Rubangura akaba ariho bahitiramo koko!
amajyaruguru no muburengero bwaryo,ndabona aba miss baho babajyana muri competition muri Congo rwose.
No6 akora akazi ko kwamamaza agahiye cg aranagakunda!
niwe miss NUR 2012, we nagahiye ni twibanire.MIss fake kabisa.
Uwo ni umukobwa wa Pastor R.Antoine!!!
sha no1 aragitwara kabisa courage Mutesi Aurore
mwatubwira se imyaka yabo?umutesi mubera muhaye amahirwe
Niko , ndabona no 10 yambaye imyenda y’abo bita ” Femmes Africaines ” Nsengiyumva J komereza aho
Miss NUR 2012 mu kabare ahahahahh, sha niwoweko!! inda ibyara mweru na muhima.
umutesi mubera liliane no3 dore umwana keye dore umwana uhiye yewe !!!!nuwonuwo ntawundi wamuruta kabisa
YEWE HARI ABAHEREKEJE ABANDI NONE SE NIBA ATARI IBANGA ANNICK 2EME DEPHINE WEST YAGIYE GUKORA IKI?
Ariko Dieudone ubwo Annick uramushakaho iki? None se ubwo urumva bidasa nk’aho uvuze ko abamutoye ari ibigoryi? Chacun a sa facon de voir les choses. Wipfobya uwo mukobwa hari abo abereye mwiza wagombye kubyubaha. Ubwo ibyo uvuze ari wowe babibwiye mu byo ugerageza gukora wakumva umeze ute? rata Annick, courageeee
ingabire francoise wamajyaruguru arabarenze bose .
no1 ntabwo yitwa Kayiranga Mutesi Aurore. Yitwa Kayibanda Mutesi Aurore.
uziko number one koko ariwe mwiza selon moi,niba uko bigaragara ariko bimeze na kubindi ntazi bibandaho sha azegekuana umwanya tu…….
@kanuma. Kwirinda ba sugar Daddy gusa ntibihagije. Ahubwo bagomba kwirinda ubusambanyi muri rusange n’iyo yaba abisabwe n’uwo aruta cyangwa umuruta. Naho kuvuga ba sugar dady gusa, ni nko kwemera ko ku bandi bashatse babikora, kandi mbona ko atari byo. Ahubwo twakongeraho ngo kwifata nibibananira bazitabaze AGAKINGIRIZO.
Aba bakobwa ni beza pe. Ndemeye. Nizeye ko bafite ubwenge no kwitegenyiriza ejo heza hazaza, bakirinda bya sugar dady na sida bivuza ubuhuha. kuko uko ari beza ni nako ibigabo biri hano hanze birekereje. Nyamuneka nta mpuhwe baba babafiye usibye irari ryo kubasambanya.
Courage muri byose