Abahatanira kuba Miss Rwanda batangiye gutorwa kuri numero zabo

Hashize 300 days Iyi nkuru yanditswe. Yashyizweho kuwa 23/08/2012 . Yashyizwe ku rubuga na   ·   Ibitekerezo 29

Abakobwa 14 bahize abandi mu marushanwa yo kuzaba Miss Rwanda 2012 ubu baherereye i Rubavu mu myiteguro, amatora yabo ariko akaba yatangiye gukorwa batorerwa kuri numero zabo.

Abari guhatana aho bari kwitorezwa i Rubavu

Utora yandika ijambo Miss agakurikizaho numero y’uwo ashaka guha amahirwe maze akohereza ubwo butumwa kuri 7333.

Uwatsinze aya matora akazamenyekana tariki 1 Nzeri uyu mwaka mu mihango izabera ahategurirwa Expo i Gikondo.

Naho aba bakobwa 14 bakaba bari i Rubavu aho bari kumenyerezwa intambuko, imyifatire, imibanire n’ibindi bikwiye kuranga umukobwa Nyampinga w’u Rwanda.

Amafoto yabo na numero bazatorerwaho:

Kayiranga Mutesi  Aurore no 1     (yahagarariye u Rwanda muri Miss University Africa 2012 muri Nigeria)

Kayiranga Mutesi Aurore no 1 (yahagarariye u Rwanda muri Miss University Africa 2012 muri Nigeria)

 

Esther Uwingabire  no 2  (Ahagarariye intara y’Iburengerazuba)

Esther Uwingabire no 2 (Ahagarariye intara y’Iburengerazuba)

 

Umutesi Mubera Liliane no 3              (Ahagarariye intara y’Iburasirazuba)

Umutesi Mubera Liliane no 3 (Ahagarariye intara y’Iburasirazuba)

Uwase Francine no 4                          (Ahagarariye intara y’amajyaruguru)

Uwase Francine no 4 (Ahagarariye intara y’amajyaruguru)

 

Gisabo Joe Christa no 5                     (Ahagarariye umujyi wa Kigali)

Gisabo Joe Christa no 5 (Ahagarariye umujyi wa Kigali)

Isimbi Debora Abiellah no 6              (Miss NUR 2012)

Isimbi Debora Abiellah no 6 (Miss NUR 2012)

 

Uwamahoro Natacha  no 7                 (Miss SFB 2011)

Uwamahoro Natacha no 7 (Miss SFB 2011)

 

Karangwa Tega Fidelis no 8                 (1er Dauphine intara y’Iburasirazuba)

Karangwa Tega Fidelis no 8 (1er Dauphine intara y’Iburasirazuba)

 

Ingabire Francoise no 9                      (1er Dauphine Amajyaruguru)

Ingabire Francoise no 9 (1er Dauphine Amajyaruguru)

 

Nsengiyumva Johali  no 10               (1ere Dauphine Umujyi wa Kigali)

Nsengiyumva Johali no 10 (1ere Dauphine Umujyi wa Kigali)

 

Ariane Umurerwa no 11                      (Ahagarariye intara y’Amajepfo)

Ariane Umurerwa no 11 (Ahagarariye intara y’Amajepfo)

 

Umwamikazi Annick no  12                (2em Dauphine Iburengerazuba)

Umwamikazi Annick no 12 (2em Dauphine Iburengerazuba)

 

Akineza Carmen  no 13                       (2em dauphine intara y’Iburasirazuba)

Akineza Carmen no 13 (2em dauphine intara y’Iburasirazuba)

 

Uwamahoro Ange  no 14                    (2em Dauphine Amajyaruguru)

Uwamahoro Ange no 14 (2em Dauphine Amajyaruguru)

 

Mumporezi Laetitia : Miss 15

Mumporezi Laetitia : Miss 15

 

 

 

 

14 bari guhatanira kuba Miss Rwanda

Plaisir MUZOGEYE
UMUSEKE.COM

Facebook Twitter Email

Kwamamaza
Ibitekerezo (29)
  1. anely says:

    sha niwe ntawundi niwowe sha wamukobwawe

  2. alphonse says:

    Debora Abiellah nkuri inyuma wangu, ariko nibicamo tuzasangirire kurako karahuri.ndakemera sana!

  3. alphonse nda says:

    number 12 we ni byedagusetsa!!!!! nanjye nubwo ndi umu man bwose, ngiye mu kajipo kaka droite nagapira kaga top twakizwa nifirimbi yanyuma!!!! kandi arebye nabi namurya daaaaaaaaaaaaaaaa!!!!!!!!!!!!!!!

  4. umusomyi says:

    Sha ntituzi igikurikizwa ngo umuntu abe akwiriye kwitwa Miss/Nyampinga w’u Rwanda gusa turasabwa gutora muri aba 15. So ku bwanjye mbona no 1 Aurore ariwe ukwiriye kuba Miss Rwanda,kuko ubona asobanutse. Dauphine wa 1 yaba Natacha no 7, uwa 2 bareba hagati ya Liliane no 3 na Carmen no 13. Nkurikije ubwiza gusa kuba aba bataza mu myanya ya mbere byaterwa nuko baba ari abaswa, abo basigaye nabo bakaba abahanga cyane kuko ubwiza bwo bwo kwita Miss ntabwo bifitiye!!

  5. geoffrey says:

    Aurore ndamukunda namugira inama yo kutazambara ibi plante kumunsi nyirizina kuko ntibimubera abarwa nakuriya yimerere kndi tukuri inyuma uri mwiz a pe

  6. Ngabo says:

    Iby’aba ba Miss ndunzi bimwe ari amayobera. Ariko undangije burundu ni uriya N°6, Miss UNR, wifotoreje muri assomoir acigatiye ikirahuri cy’urwagwa!!! Numvise ngo se ni Pastoro!!Ariko niba ari uwo muri ya madini y’inzaduka nta ribi da!!

  7. theos says:

    courage mwese.gusa buri kintu cyose mujye muvanamo amasomo.merci.

  8. JOE KMI says:

    uhereye ku ifoto yambere izina nyampinga ntimuzongere kurivuga niba ari gitya biteye.
    mu muco wa kinyarwanda nta nyampinga wambara ubusa ubaho.biriya bisebya igihugu aho kugihesha.
    inama: mwambare nka ba nyampinga nyabo.
    1.AURORE:niba mubuzima ari gutyo uteye
    navuga ngo komereza aho,atari byo waba udushuka ntacyo waba uzatugezaho.
    2.ESTHER: (ibyo mvuze hejuru birakureba)
    3.MUBERA: Nubwo izuba rirasira iburasirazuba ntyekereza ko ba nyampinga baho batambara ubusa
    4.Francine: nakugira inama yo kuvamo
    5.CHRISTA:Umujyi wa ligali uradusebeje.Habuze nyampinga koko!!!! Kand kwa rubangura baba bahari!!

  9. giporoporo says:

    munshakiremo ako nzajya nicira umwaku, kuko cash zirahari

  10. kanyombya says:

    vous etes belles je vois…..

  11. ebbones says:

    Don’t call them nyampinga any more!keretse niba nyampinga arikuriya yabaga ameze kuko sindimukuru cyane ariko bambwiyeko nyampinga arumwari wiyubasye nonese bariyako bambaye ubusa cyokora mubite miss rwanda ariko nyampinga mwaba mubipfobya thax

  12. rogo says:

    Muri beza ariko ntibizabatere kwirata no kwiyandarika.

  13. amarangamutima says:

    ubuse iyo umujyi wa kigali bajya nibura kwa tonton Rubangura akaba ariho bahitiramo koko!

  14. bogota says:

    amajyaruguru no muburengero bwaryo,ndabona aba miss baho babajyana muri competition muri Congo rwose.

  15. kanu says:

    No6 akora akazi ko kwamamaza agahiye cg aranagakunda!

  16. bobo says:

    sha no1 aragitwara kabisa courage Mutesi Aurore

  17. jovia says:

    mwatubwira se imyaka yabo?umutesi mubera muhaye amahirwe

  18. alex says:

    Niko , ndabona no 10 yambaye imyenda y’abo bita ” Femmes Africaines ” Nsengiyumva J komereza aho

  19. mambo says:

    Miss NUR 2012 mu kabare ahahahahh, sha niwoweko!! inda ibyara mweru na muhima.

  20. topy says:

    umutesi mubera liliane no3 dore umwana keye dore umwana uhiye yewe !!!!nuwonuwo ntawundi wamuruta kabisa

  21. DIEUDONNE says:

    YEWE HARI ABAHEREKEJE ABANDI NONE SE NIBA ATARI IBANGA ANNICK 2EME DEPHINE WEST YAGIYE GUKORA IKI?

    • Puchu says:

      Ariko Dieudone ubwo Annick uramushakaho iki? None se ubwo urumva bidasa nk’aho uvuze ko abamutoye ari ibigoryi? Chacun a sa facon de voir les choses. Wipfobya uwo mukobwa hari abo abereye mwiza wagombye kubyubaha. Ubwo ibyo uvuze ari wowe babibwiye mu byo ugerageza gukora wakumva umeze ute? rata Annick, courageeee

  22. edmond says:

    ingabire francoise wamajyaruguru arabarenze bose .

  23. umusomyi says:

    no1 ntabwo yitwa Kayiranga Mutesi Aurore. Yitwa Kayibanda Mutesi Aurore.

  24. mambo says:

    uziko number one koko ariwe mwiza selon moi,niba uko bigaragara ariko bimeze na kubindi ntazi bibandaho sha azegekuana umwanya tu…….

  25. Matayo says:

    @kanuma. Kwirinda ba sugar Daddy gusa ntibihagije. Ahubwo bagomba kwirinda ubusambanyi muri rusange n’iyo yaba abisabwe n’uwo aruta cyangwa umuruta. Naho kuvuga ba sugar dady gusa, ni nko kwemera ko ku bandi bashatse babikora, kandi mbona ko atari byo. Ahubwo twakongeraho ngo kwifata nibibananira bazitabaze AGAKINGIRIZO.

  26. Kanuma says:

    Aba bakobwa ni beza pe. Ndemeye. Nizeye ko bafite ubwenge no kwitegenyiriza ejo heza hazaza, bakirinda bya sugar dady na sida bivuza ubuhuha. kuko uko ari beza ni nako ibigabo biri hano hanze birekereje. Nyamuneka nta mpuhwe baba babafiye usibye irari ryo kubasambanya.

    Courage muri byose





ICYITONDERWA: Tanga igitekerezo cyawe udatukana, utamamaza, utavangura; unyuranije n'ibi ntago igitekerezo cyawe kijya ku mugaragaro. Ushaka kutwoherereza inkuru cyangwa Kwamamaza? Twandikire kuri Email: info@umuseke.com.

WordPress Blog
Darmin Resto
IAN BOUTIQUE
250 ESTATE
Ads
SIRWA Color
Ads